Tubungabunge inyandiko, dusigasire amateka yacu: U Rwanda rwasoje Icyumweru Mpuzamahanga cyahariwe Inyandiko

Intebe y’Inteko Yungirije, UWIRINGIYIMANA Jean Claude yagaragaje ko hakiri imbogamizi mu micungire n’imibungabungire y’inyandiko, hari aho byagaragaye…

Soma ibikurikira →

Hirya no hino Abanyarwanda bizihije umuganura 2022

Tariki 5 Kanama 2022, hirya no hino mu gihugu Abanyarwanda bizihije  umuganura ku nsanganyamatsiko igira iti “Umuganura isôoko y’ubumwe n’ishingiro…

Soma ibikurikira →

Ingoro y’urugamba rwo guhagarika Jenoside yafunguwemo imurika ry'igihe gito.

Ku Ngoro y’Amateka y’Urugamba rwo Guhagarika Jenoside iri mu Ngoro y'Inteko Ishinga Amategeko hafunguwe imurika ry'igihe gito ryiswe Isaliyuti rigizwe…

Soma ibikurikira →

ICYUMWERU MPUZAMAHANGA CYAHARIWE INYANDIKO 6-10 KAMENA 2022

Ku nshuro ya gatanu, u Rwanda rurifatanya n’amahanga kwizihiza icyumweru cyahariwe inyandiko kuva tariki ya 6 kugeza tariki ya 10 Kamena, …
Soma ibikurikira →

U Rwanda rwizihije Umunsi Mpuzamahanga w’Ururimi Kavukire ku nshuro ya 19

Umunsi Mpuzamahanga w’ururimi Kavukire wizihijwe ku nsanganyamatsiko igira iti “Tubungabunge Ikinyarwannda, umusingi w’ubumwe n’agaciro…

Soma ibikurikira →

URUBYIRUKO RURAKANGURIRWA KUBYAZA UMUSARURO UBUKERARUGENDO BUSHINGIYE KU MUCO

Ubukerarugendo bushingiye ku muco ni kimwe mu bice bigize ubukerarugendo, cyigatandukanira n’ibindi mu kuba cyibanda ahanini ku muco ndetse n’amateka…

Soma ibikurikira →

IBYO WAMENYA KU HANTU NDANGAMURAGE MU KARERE KA NYANZA

Akarere ka Nyanza gaherereye mu Ntara y’ Amajyapfo, ku birometero 90.7 uvuye i Kigali unyuze mu muhanda RN1. Ni urugendo rusaga amasaha 2 mu modoka.…

Soma ibikurikira →