Kuba umusirimu ntibivuze kwibagirwa uwo uri we, ntibivuga gusiribanga umuco n’ururimi byawe- Min. Dr Utumatwishima

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yibukije Abanyarwanda cyane cyane urubyiruko n’abandi bumva ko…

Soma ibikurikira →

Inteko y’Umuco yamuritse ibitabo yashyizwe mu buryo bw’amajwi.

Kigali, 22 Ukuboza 2025, Inteko y’Umuco ibinyujije mu gikorwa cy’Imurikabikorwa rya Serivisi z’Inkoranyabitabo y’Igihugu (National Library Services…

Soma ibikurikira →

BYARI IBYISHIMO KU BANA N’ABABYEYI MU BIRORI BIDASANZWE BYO KWIZIHIZA UMUGANURA W’ABANA.

Ku wa gatanu tariki ya 29 Kanama 2025 ku Ngoro y’Umurage w’Amateka y’Imibereho y’Abanyarwanda iherereye mu Karere ka Huye, habereye ibirori ngaruka…

Soma ibikurikira →

U Rwanda mu nzira zo kwandikisha Umuganura mu murage w’isi- Minisitiri Dominique HABIMANA.

Ku wa 01 Kanama 2025 byari ibirori bidasanzwe mu Karere ka Musanze, Intara y’Amajyaruguru ubwo hizihirizwaga ibirori by’Umuganura by’uyu mwaka ku…

Soma ibikurikira →

KWIZIHIZA UMUNSI MPUZAMAHANGA W’INGORO Z’UMURAGE NI UMWANYA WO GUTEKEREZA AMAHIRWE ARI MU MURAGE W’IGIHUGU- PS Eric MAHORO.

None kuwa 28 Gicurasi 2025, u Rwanda rwizihije Umunsi Mpuzamahanga w’Ingoro z’Umurage. Ni birori byabereye ku Ngoro y’Umurage w’Ibidukikije iherereye…

Soma ibikurikira →

Ururimi rw'Ikinyarwanda ni shingiro ry'umuco nyarwanda. Minisitiri Dr. Jean Damascene BIZIMANA.

Buri mwaka, ku wa 21 Gashyantare, u Rwanda rwifatanya n’isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ururimi Kavukire. Muri uyu mwaka, ibirori byo…

Soma ibikurikira →

Intore z’u Rwanda zashyizwe mu murage ndangamuco w’Isi

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Uburezi, Ubumenyi n’Umuco (UNESCO), ryashyize Intore z’u Rwanda mu murage ndangamuco udafatika w’Isi.

Ni…

Soma ibikurikira →

Abanyarwanda basabwe kwizihiza Umuganura barushaho gukorana umurava no gufatanya.

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 02 Kanama 2024, u Rwanda rwizihije Umunsi mukuru w’Umuganura. Ibirori byo kuwizihiza byabereye hirya no hino mu midugudu,…

Soma ibikurikira →

Inteko y'UMUCO ifatanyije na Google Arts & Culture bamuritse umurage w’u Rwanda ku buryo bw’ikoranabuhanga kuri uru rubuga.

Ku wa 17 Gicurasi 2024, Google Arts & Culture ifatanyije n’Inteko y’Umuco bamuritse ku mugaragaro umurage w’u Rwanda ku rubuga rwa murandasi rwa Googl…

Soma ibikurikira →

Ishuri rya King David Academy ryegukanye igikombe cy’amarushanwa ku muco, indangagaciro n’umurage by’u Rwanda mu 2024.

Tariki 9 Gicurasi 2024 mu ishuri rya RIVIERA HIGH SCHOOL riherereye mu i Rusororo mu Karere ka Gasabo, habereye amarushanwa ku muco, indangagaciro…

Soma ibikurikira →