UMUGANURA N’ABANA 2026: ABANA BAGARAGAJE URUHARE RW’UMUCO MU KUBAKA EJO HAZAZA H’U RWANDA.

Ibirori by’Umuganura n’Abana 2026 byahurije hamwe abana, ababyeyi, abayobozi n’abafatanyabikorwa ku wa 28 Kanama 2026, ku Ngoro y’Amateka y’Imibereho…

Soma ibikurikira →

Abafatanyabikorwa mu rwego rw'umurage ndangamuco barasabwa kugira uruhare mu bikorwa biteza imbere uru rwego.

Ubwo Inteko y'Umuco yagiranaga inama n'abafatanyabikorwa bayo mu guteza imbere murage ndangamuco tariki ya 29 Ukuboza 2022, aba bafatanyabikorwa…

Soma ibikurikira →

INTEKO Y’UMUCO YONGEREYE IGIHE CY’AMARUSHANWA YATEGUYE KU BUHANZI BW’IMIVUGO N’INDIRIMBO

Mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ururimi Kavukire uzaba tariki ya 21 gashyantare 2023, Inteko y'Umuco yateguye amarushanwa y’ubuhanzi…

Soma ibikurikira →

Urubyiruko rwo mu mashuri yisumbuye rurishimira amarushanwa rwateguriwe ku muco, indangagaciro n’umurage by’u Rwanda

Guhera tariki ya 2 Ugushyingo 2022, Inteko y’Umuco yatangije amarushanwa ku muco, indangagaciro n’umurage by’u Rwanda. Ni amarushanwa abera mu bigo…

Soma ibikurikira →

U Rwanda rwifatanyije n’Abanyafurika kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umwanditsi w’Umunyafurika.

U Rwanda rwifatanyije n’Abanyafurika muri rusange kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umwanditsi w’Umunyafurika, wizihizwa tariki ya 7 Ugushyingo buri…

Soma ibikurikira →

Igazeti UMURAGE No 3 yasohotse.

Inteko y’Umuco yasohoye nomero ya gatatu (3) ya gazeti UMURAGE yitwa Ikoranyamagambo n’Ihangamuga mu Kinyarwanda, ikaba ikubiyemo inyandiko…

Soma ibikurikira →

U Rwanda rwifatanyije n'Isi mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Umurage uri mu Majwi n’Amashusho.

Kuri uyu wa 27 Ukwakira 2022, u Rwanda rwifatanyije n'Isi mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe “Umurage uri mu Majwi n’Amashusho". Mu rwego rwo…

Soma ibikurikira →

Ku Ngoro Ndangamurage y’Ibidukikije hatashywe imurika ryakozwe ku bufatanye na n’Intara ya "Rhenanie Palatinat"

Kuri uyu wa 25 Ukwakira 2022, Umukuru w’Intara ya "Rhenanie Palatinat", mu Gihugu cy’Ubudage, 'Minister President' Malu Dreyer n’Intumwa yari ayoboye,…

Soma ibikurikira →

U Rwanda rwifatanyije n’Abanyafurika kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umwanditsi w’Umunyafurika.

U Rwanda rwifatanyije n’Abanyafurika muri rusange kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umwanditsi w’Umunyafurika, wizihizwa tariki ya 7 Ugushyingo buri…

Soma ibikurikira →

CALL FOR APPLICATIONS TO YOUTH FOR THE INCUBATION LABORATORY OF RWANDA HERITAGE HUB- FIRST INTAKE

YOUTH.HERITAGE.AFRICA is a program initiated by the International Centre for the Study of the Conservation and Restoration of Cultural Property…

Soma ibikurikira →