Kuba umusirimu ntibivuze kwibagirwa uwo uri we, ntibivuga gusiribanga umuco n’ururimi byawe- Min. Dr Utumatwishima

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yibukije Abanyarwanda cyane cyane urubyiruko n’abandi bumva ko…

Soma ibikurikira →

U Rwanda rwifatanyije n'Isi mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Umurage uri mu Majwi n’Amashusho.

Kuri uyu wa 27 Ukwakira 2022, u Rwanda rwifatanyije n'Isi mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe “Umurage uri mu Majwi n’Amashusho". Mu rwego rwo…

Soma ibikurikira →

Ku Ngoro Ndangamurage y’Ibidukikije hatashywe imurika ryakozwe ku bufatanye na n’Intara ya "Rhenanie Palatinat"

Kuri uyu wa 25 Ukwakira 2022, Umukuru w’Intara ya "Rhenanie Palatinat", mu Gihugu cy’Ubudage, 'Minister President' Malu Dreyer n’Intumwa yari ayoboye,…

Soma ibikurikira →

U Rwanda rwifatanyije n’Abanyafurika kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umwanditsi w’Umunyafurika.

U Rwanda rwifatanyije n’Abanyafurika muri rusange kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umwanditsi w’Umunyafurika, wizihizwa tariki ya 7 Ugushyingo buri…

Soma ibikurikira →

CALL FOR APPLICATIONS TO YOUTH FOR THE INCUBATION LABORATORY OF RWANDA HERITAGE HUB- FIRST INTAKE

YOUTH.HERITAGE.AFRICA is a program initiated by the International Centre for the Study of the Conservation and Restoration of Cultural Property…

Soma ibikurikira →

Inteko y’Umuco mu bukangurambaga bukangurira abanyarwanda gukunda gusoma no kwandika

Kuva ku itariki ya 7 kugeza kuya 16 Nzeli 2022, Inteko y'Umuco (RCHA), ibinyujije mu ishami ryayo rya Serivisi z’Inkoranyabitabo y'lgihugu na Serivisi…

Soma ibikurikira →

Urubyiruko rugiye gufashwa kubyaza umusaruro Umurage Ndangamuco, hakoreshejwe ikoranabuhanga.

Inteko y’Umuco ku bufatanye n’Umuryango Ushinzwe kubungabunga umutungo mu by’Umuco n’Umurage (International Centre for the Study of the Preservation…

Soma ibikurikira →

Hirya no hino Abanyarwanda bizihije umuganura 2022

Tariki 5 Kanama 2022, hirya no hino mu gihugu Abanyarwanda bizihije  umuganura ku nsanganyamatsiko igira iti “Umuganura isôoko y’ubumwe n’ishingiro…

Soma ibikurikira →

Ingoro y’urugamba rwo guhagarika Jenoside yafunguwemo imurika ry'igihe gito.

Ku Ngoro y’Amateka y’Urugamba rwo Guhagarika Jenoside iri mu Ngoro y'Inteko Ishinga Amategeko hafunguwe imurika ry'igihe gito ryiswe Isaliyuti rigizwe…

Soma ibikurikira →

ICYUMWERU MPUZAMAHANGA CYAHARIWE INYANDIKO 6-10 KAMENA 2022

Ku nshuro ya gatanu, u Rwanda rurifatanya n’amahanga kwizihiza icyumweru cyahariwe inyandiko kuva tariki ya 6 kugeza tariki ya 10 Kamena, …
Soma ibikurikira →