Kuba umusirimu ntibivuze kwibagirwa uwo uri we, ntibivuga gusiribanga umuco n’ururimi byawe- Min. Dr Utumatwishima

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yibukije Abanyarwanda cyane cyane urubyiruko n’abandi bumva ko…

Soma ibikurikira →

Mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ingoro Ndangamurage, abaturage b’Umurenge wa Bwishyura basabwe kurangwa n’indangagaciro z’umuco w’u Rwanda.

Ku wa Kane tariki 18 Gicurasi, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihza Umunsi Mpuzamahanga w’Umurage. Ni umunsi wahurijwe hamwe n’Umunsi…

Soma ibikurikira →

Seminari nto ya Virgo Fidelis yo ku Karubanda yegukanye igikombe cy’amarushanwa ku muco, indangagaciro n’umurage by’u Rwanda 2023

Amarushanwa ku muco, indangagaciro n’umurage by’u Rwanda 2023 yari afite intego nyamukuru yo kwigisha no gutoza indangagaciro z’umuco w’u Rwanda mu…

Soma ibikurikira →

Abatanga za serivisi barasabwa kwimakaza Ikinyarwanda kugira ngo abazisaba bazibone zuzuye kandi hakoreshejwe ururimi bibonamo.

Ubwo hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga w’Ururimi Kavukire ku wa 21 Gashyantare 2023, hagarutswe ku ruhare rw’Ikinyarwanda nk’ingobyi y’umuco n’ishingiro…

Soma ibikurikira →

“Heritage Hub” in Rwanda to use culture for youth economic empowerment

On 31 January 2023, a culture-focused “Heritage Hub” officially opened its doors to young Rwandans in Kigali, Rwanda. The Rwanda Heritage Hub, a joint…

Soma ibikurikira →

Abafatanyabikorwa mu rwego rw'umurage ndangamuco barasabwa kugira uruhare mu bikorwa biteza imbere uru rwego.

Ubwo Inteko y'Umuco yagiranaga inama n'abafatanyabikorwa bayo mu guteza imbere murage ndangamuco tariki ya 29 Ukuboza 2022, aba bafatanyabikorwa…

Soma ibikurikira →

INTEKO Y’UMUCO YONGEREYE IGIHE CY’AMARUSHANWA YATEGUYE KU BUHANZI BW’IMIVUGO N’INDIRIMBO

Mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ururimi Kavukire uzaba tariki ya 21 gashyantare 2023, Inteko y'Umuco yateguye amarushanwa y’ubuhanzi…

Soma ibikurikira →

Urubyiruko rwo mu mashuri yisumbuye rurishimira amarushanwa rwateguriwe ku muco, indangagaciro n’umurage by’u Rwanda

Guhera tariki ya 2 Ugushyingo 2022, Inteko y’Umuco yatangije amarushanwa ku muco, indangagaciro n’umurage by’u Rwanda. Ni amarushanwa abera mu bigo…

Soma ibikurikira →

U Rwanda rwifatanyije n’Abanyafurika kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umwanditsi w’Umunyafurika.

U Rwanda rwifatanyije n’Abanyafurika muri rusange kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umwanditsi w’Umunyafurika, wizihizwa tariki ya 7 Ugushyingo buri…

Soma ibikurikira →

Igazeti UMURAGE No 3 yasohotse.

Inteko y’Umuco yasohoye nomero ya gatatu (3) ya gazeti UMURAGE yitwa Ikoranyamagambo n’Ihangamuga mu Kinyarwanda, ikaba ikubiyemo inyandiko…

Soma ibikurikira →